Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2025 1:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Nteko Ishinga Amategeko ya Israel Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yahavugiye ko abanzi h’igihugu cye bakwiye kujya bazirikana ko kitajya cyibagirwa.

Netanyahu yahavugiye ijambo bamwe bavuga ko ari iryo kubwira Hamas ko yayitsinze, ko ubwo yateraga igihugu cye yakoze ikosa rikomeye cyane rizahora ryibukwa mu mateka.

Yavuze ko amateka azahora yerekana ko Abayahudi ari abo kubahwa, akemeza ko abanzi babo bakwiye guhora babatinya.

Ati: “Baturage ba Israel bagenzi banjye. Israel yongeye kuzuka. Iyi ntambara yaraduhenze, abantu bacu bayiguyemo ariko ubu abanzi bacu bamenye urwego rw’imbaraga zacu, babonye ko tudatsimburwa… Mbese bamenye ko bakwiye kurya umwungu bagasiba ibamba.”

Imbere ya Perezida Donald Trump, Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yavuze ko abanzi h’igihugu cye bagomba kumenya kandi bakazahora bazirikana ko inkingi ya mwamba Israel yubakiyeho ari iyo kubaho kandi ikabaho ari igihugu gikomeye abanzi bumva bagakuka umutima.

Yavuze ko ubwo yatangizaga intambara kuri Hamas, intego yari iyo kuzagarura abantu bose Hamas yashimuse bazagaruka iwabo.

Ashima ko ubu ibyo byashobotse binyuze k’ubufatanye bw’ingirakamaro budasanzwe bwa Perezida Trump.

Netanyahu yashimye Trump ko atahwemye gushyigikira Politiki za Israel mu bihe byose byari bikenewe.

TAGGED:featuredIngaboIsraelNetanyahuTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu
Next Article Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?