Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Abateraga Ikiraka Muri RAB Baguye Mu Kizenga Barapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Abateraga Ikiraka Muri RAB Baguye Mu Kizenga Barapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 9:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ibiro by'Akarere ka Nyanza mu Majyepfo y'u Rwanda
SHARE

Hari amakuru yatangiye gutangazwa mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatau y’uko hari abantu bateraga ikiraka muri RAB baguye mu kizenga kubashakisha bibanza kugorana.

Inzego z’ubuyobozi n’iz’umutekano zifashishije imashini icukurabigera mu rukerere ahagana i saa kumi za mu gitondo imirambo yabonetse.

Yahise ijyanya kuruhukira mu bitaro bya Nyanza.

Kugeza ubu biravugwa ko hari umukozi wa RAB watawe muri yombi na RIB kugira ngo igenzure niba nta ruhare yaba yaragize mu byateye kiriya kibazo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abapfuye bari abanyabiraka, akaba akurikiranyweho uburangare.

Kuri uyu wa Gatatu nibwo inkuru ya  mbere ya biriya byago yatangajwe.

Yavugaga ko abakozi bane b’Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, RAB, bakoraga moteri izamura amazi bari baheze mu kizenga cy’amazi.

Icyo gihe umwe yavanywemo ajyanwa kwa muganga, abandi bakomeza gushakishwa.

Hari masaha y’umugoroba bibera mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Mututu Umurenge wa Kibirizi, Akarere ka Nyanza.

- Advertisement -

Byabereye kuri RAB, sitasiyo ya Muhanga, site ya Mututu, ubwo bakoraga moteri izamura amazi yuhira imusozi ikoreshwa n’imirasire y’izuba.

Abo bakozi baguye muri icyo kizenga cy’amazi baheramo.

Uwavanywemo ari muzima yitwa  Pierre Celestin Karamage w’imyaka 34.

UMUSEKE wanditse ko imyirondoro y’abaguye muri kiriya kizenga ni aba bakurikirikira ari NSHIMIYIMANA Claude w’imyaka 23 ukomoka mu kagari ka Cyeru mu murenge wa Kibirizi, NDATIMANA Jean Claude w’imyaka 26 ukomoka mu Kagari ka Cyeru mu murenge wa Kibirizi, HAKIZIMANA Isaie w’imyaka 18 ukomoka mu Kagari ka Mututu mu murenge wa Kibirizi na UWAMBUTSINGERI Deogratias.

Kugeza ubu iperereza ry’icyateye iriya mpanuka rirakomeje ariko harakekwaho ko baba bafashwe n’amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba.

TAGGED:AbaturagefeaturedImpanukaNyanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwatashye Uruganda Rukora Toni 100,000 Z’Ifumbire
Next Article DRC: Mukwege Na Fayulu Barashaka Ko Amatora Asubirwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?