Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yunguranye Ibitekerezo N’Abayobozi Bo Muri Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yunguranye Ibitekerezo N’Abayobozi Bo Muri Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 August 2023 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Kanama, 2023, Perezida Kagame yaganiriye na ba Guverineri  b’Intara za Nigeria bari mu Rwanda, bungurana ibitekerezo ku miyoborere ibereye Afurika muri rusange.

Ni ibiganiro birebana n’uburyo iterambere isi igezeho itasiga inyuma Afurika ahubwo nayo ikagenda mu ba mbere.

Ibiganiro bya Perezida Kagame n’abo bayobozi yabereye muri Kigali Convention Center.

Ba  Guverineri bari mu Rwanda ni 19 bayobora Leta zitandukanye zo muri Nigeria.

Bari kwigira hamwe ibijyanye n’ubuyobozi cyane cyane ingingo zo gushyira mu bikorwa ibyemezo bitandukanye biba byarafashwe.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere ryagize uruhare mu mitegurirwe y’uyu mwiherero.

Guverineri wa Leta ya Osun muri Nigeria, Ademola Adeleke uri muri uyu mwiherero aheruka kugaragaza ko yakunze imiyoborere y’u Rwanda.

Avuga ko ikwiriye kuba isomo ku bindi bihugu bya Afurika bishaka gutera imbere.

Kuri we;  kugira ngo Demokarasi irusheho kugira agaciro muri Afurika abayobozi bakwiriye kwemera ko habaho amatora anyuze mu mucyo.

Ati “Nishimiye kuba ndi hano, ndasaba abayobozi baba aba hano ndetse n’abo mu bindi bihugu ko dukwiriye kwemera ko habaho amatora anyuze mu bwisanzure n’umucyo. Turi imbuto za demokarasi, ku bw’ibyo dukwiriye kwemera ko habaho amatora anyuze mu mucyo.”

Yemeza ko ibihugu byateye imbere biri aho biri kubera ko byaretse Demokarasi igakora, byose bigakorwa hakurikijwe amategeko.

TAGGED:AmatorafeaturedIntaraKagameNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Israel Yatangiye Asura Imishinga Y’Ubuhinzi
Next Article Burundi: Hizihijwe Umunsi Wagenewe Imbonerakure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

You Might Also Like

Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?