Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yunguranye Ibitekerezo N’Abayobozi Bo Muri Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yunguranye Ibitekerezo N’Abayobozi Bo Muri Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 August 2023 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Kanama, 2023, Perezida Kagame yaganiriye na ba Guverineri  b’Intara za Nigeria bari mu Rwanda, bungurana ibitekerezo ku miyoborere ibereye Afurika muri rusange.

Ni ibiganiro birebana n’uburyo iterambere isi igezeho itasiga inyuma Afurika ahubwo nayo ikagenda mu ba mbere.

Ibiganiro bya Perezida Kagame n’abo bayobozi yabereye muri Kigali Convention Center.

Ba  Guverineri bari mu Rwanda ni 19 bayobora Leta zitandukanye zo muri Nigeria.

Bari kwigira hamwe ibijyanye n’ubuyobozi cyane cyane ingingo zo gushyira mu bikorwa ibyemezo bitandukanye biba byarafashwe.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere ryagize uruhare mu mitegurirwe y’uyu mwiherero.

Guverineri wa Leta ya Osun muri Nigeria, Ademola Adeleke uri muri uyu mwiherero aheruka kugaragaza ko yakunze imiyoborere y’u Rwanda.

Avuga ko ikwiriye kuba isomo ku bindi bihugu bya Afurika bishaka gutera imbere.

Kuri we;  kugira ngo Demokarasi irusheho kugira agaciro muri Afurika abayobozi bakwiriye kwemera ko habaho amatora anyuze mu mucyo.

Ati “Nishimiye kuba ndi hano, ndasaba abayobozi baba aba hano ndetse n’abo mu bindi bihugu ko dukwiriye kwemera ko habaho amatora anyuze mu bwisanzure n’umucyo. Turi imbuto za demokarasi, ku bw’ibyo dukwiriye kwemera ko habaho amatora anyuze mu mucyo.”

Yemeza ko ibihugu byateye imbere biri aho biri kubera ko byaretse Demokarasi igakora, byose bigakorwa hakurikijwe amategeko.

TAGGED:AmatorafeaturedIntaraKagameNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Israel Yatangiye Asura Imishinga Y’Ubuhinzi
Next Article Burundi: Hizihijwe Umunsi Wagenewe Imbonerakure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?