Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2025 2:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kubyemeranya na Perezida Emmanuel Macron, ubu mugenzi we wa Madagascar yamaze guhungira mu Bufaransa hakoreshejwe kajugujugu.

Andri Rajoelina ahunze igihugu nyuma y’uko urubyiruko rumushyizeho igitutu ngo agire ibyo ahindura byatuma rubaho neza.

Imyigaragambyo yarwo yatangiye Tariki 25, Nzeri, 2025 rumusaba kwegura aho kubikora ahitamo gushyiraho Minisitiri w’Intebe w’umusirikare, ikintu cyatumye ibintu birushaho kuzamba.

Mu ntangiriro, abasirikare na Polisi batangiye gukoresha ibyuka biryana mu maso ngo batatanye abaturage ariko baranga baranangira.

Kuri uyu wa Mbere byari biteganyijwe ko ari bugeze ijambo ku baturage ariko Radio France Internationale yaje gutangaza ko Rajoelina yamaze guhungira mu Bufaransa.

Ahunze nyuma y’uko hageragejwe coup d’etat igapfuba.

Yahise abona ko ibintu byafashe indi ntera nibwo yateguraga uko yahungira mu gihugu cyakolonije Ubufaransa.

Andi makuru aravuga ko na Minisitiri w’Intebe Christian Ntsay n’umunyemari ukomeye witwa Mamy Ravatomanga bahungiye mu birwa bya Mauritius.

TAGGED:featuredGuhungaIgihuguMadagascarUbufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’
Next Article Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?