Producer Element Wadukanye ‘Eleeeh’ Muri Buri Ndirimbo Akoze Ni Muntu Ki?

Muri iyi minsi indirimbo yose igezweho mu Rwanda wumvamo akajambo ngo ‘Eleeeh’. Hari abakeka ko ari izina ry’umuhanzi runaka ariko burya ni agashya kazanywe n’umusore utunganya umuziki witwa Producer Element. Amazina ye ni  Fred Robinson Mugisha akaba akomoka  mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi. Aho uzumva Eleeeh uzamenye ko ari indirimbo yatunganyijwe n’umusore … Continue reading Producer Element Wadukanye ‘Eleeeh’ Muri Buri Ndirimbo Akoze Ni Muntu Ki?