Rayon Izana Umwe APR Ikazana Cyangwa Igasinyisha Undi

 Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir’shad wongerewe igihe ayikinira.

APR FC na Rayon Sports niyo makipe benshi bemeza ako ahangana kurusha ayandi muri shampiyona y’u Rwanda.

Iyo yahuye nibwo ubona ko koko akomeye.

Nsengiyumva Ir’shad wa APR FC yongererewe amasezerano kugira ngo asimbure Mugisha Bonheur uherutse kujya gukina mu Libya.

- Advertisement -

Azakina mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona y’iki gihugu, mu ikipe yitwa Al Ahly Tripoli.

Undi Munyarwanda ukina muri iki gihugu ni  Haruna Niyonzima.

Indi wasoma:

Umutoza Mukuru Mushya Wa Rayon Yageze i Kigali

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version