Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rihanna N’Umugabo We Mu Byishimo By’Uko ‘Yongeye’ Gusama
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Rihanna N’Umugabo We Mu Byishimo By’Uko ‘Yongeye’ Gusama

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2023 12:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

A$AP Rocky niwe mugabo wa Roihanna Umunya Barbados wamamaye cyane kubera umuziki akorera muri Amerika. Ubu Rihanna bakunze guhina bakita Rih ari mu byishimo we n’umugabo we ko yasamye inda.

Rih yabwiye ikinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa Vogue ko rwose we na  A$AP Rocky ubu ari inshuti nziza zitegura kwakira umwana.

N’ubwo muri rusange umubano wa Rihanna n’umuraperi we wahoze kandi n’ubu ukiri mwiza muri rusange, uyu mugore avuga ko iyo abashakanye bibarutse akenshi umubano uhungabana kubera kwita ku mwana, ariko ngo uko bizagenda kose, azakomea kubana neza n’uwo yihebeye.

Iby’urukundo rwa Rihanna na A$AP Rocky byaje kwemezwa n’abo bireba mu mwaka wa 2021 nyuma y’igihe kirekire bihwihwiswa.

A$AP Rocky yabwiye ikinyamakuru kitwa GQ Magazine  ko Rihanna ari we rukundo rw’ubuzima bwe.

Muri Gicurasi, 2022 Rihanna yabyaye umwana we wa mbere w’umuhungu.

Ejo bundi ubwo yakoraga igitaramo mu mukino w’abakina Football y’Abanyamerika,( NFL) Rihanna yerekanye ko atwite.

Rihanna ateruye imfura ye

Nicyo gitaramo akoze vuba aha kuko yari amaze imyaka irindwi adataramira abakunzi be.

Rih(anna) yabwiye Vogue ko umuhungu wabo baherutse kwibaruka akunda Se byabuze urugero!

Ngo aho ari undi ntahabura.

A$AP Rocky
TAGGED:GutwitaIndaRihannaUmuhunguUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ramses II: Umwami Wabyaye Abana 100 Bagasenya Ubwami Bwe
Next Article Gakenke: Abantu Babiri Bishwe Na Gaz Baguye Mu Kirombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Nyanza: Yari Hafi Kurongora None Akurikiranyweho Gusambanya Umwana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?