Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rutsiro: Abarimu Babujijwe Kurya Ku Biryo By’Abanyeshuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rutsiro: Abarimu Babujijwe Kurya Ku Biryo By’Abanyeshuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2023 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro Prosper Mulindwa yandikiye ibigo by’amashuri byo mu Karere ayobora ko bagomba kubuza abarezi n’abandi bakozi bo mu kigo gufata amafunguro yagenewe abanyeshuri.

Iby’iki kibazo ngo biherutse kuvugirwa mu nama yateranye taliki 03, Ugushyingo, 2023 yahuje abashinzwe uburezi n’abahagarariye inama z’ababyeyi.

Meya Mulindwa Prosper asaba abayobozi b’ibigo gukora k’uburyo ibyo bihagarara.

Hari aho yanditse ati: “Nkwandikiye uru rwandiko ngo ngusabe kwirinda no guhagarika guha amafunguro abarezi n’abandi bakozi ku ishuri bafata ku mafunguro yagenewe abanyeshuri saa sita.”

Atanga inama y’uko abayobozi b’ibigo bagombye kwicarana n’ababyeyi hakigwa uko haboneka amafaranga yo kubahahira.

Avuga ko hari abafite umuco mwiza wo kubiganiraho n’abarezi, hakaba haremejwe amafaranga yo kubahahira.

Icyakora nabo abasaba gukomeza kubinoza.

Ibaruwa ibiyama

N’ubwo bivuzwe mu Karere ka Rutsiro, bishobora kuba biri n’ahandi.

Gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri ni gahunda igamije gutuma biga neza, ntibasibe ishuri cyangwa ngo nyuma ya saa sita bige bahunyiza kubera inzara.

TAGGED:AbanyeshuriAbarimuAmafunguroRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Guinée Mu Bufatanye Mu By’Indege, Ubucuruzi N’Amahoteli
Next Article Umunyamakuru Theo YAREKUWE By’Agateganyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Ruhango: Urwego Rw’Umuvunyi Rwasanze Mu Miryango Higanje Ibibazo By’Izungura

Indonesia: 500 Bishwe N’Imyuzure, Abarokotse Kubona Icyo Kurya Ni Ingorabahizi

Mu Rwanda Kurwara Amenyo Ni Ikibazo

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?