Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rutsiro: Abarimu Babujijwe Kurya Ku Biryo By’Abanyeshuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rutsiro: Abarimu Babujijwe Kurya Ku Biryo By’Abanyeshuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2023 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro Prosper Mulindwa yandikiye ibigo by’amashuri byo mu Karere ayobora ko bagomba kubuza abarezi n’abandi bakozi bo mu kigo gufata amafunguro yagenewe abanyeshuri.

Iby’iki kibazo ngo biherutse kuvugirwa mu nama yateranye taliki 03, Ugushyingo, 2023 yahuje abashinzwe uburezi n’abahagarariye inama z’ababyeyi.

Meya Mulindwa Prosper asaba abayobozi b’ibigo gukora k’uburyo ibyo bihagarara.

Hari aho yanditse ati: “Nkwandikiye uru rwandiko ngo ngusabe kwirinda no guhagarika guha amafunguro abarezi n’abandi bakozi ku ishuri bafata ku mafunguro yagenewe abanyeshuri saa sita.”

Atanga inama y’uko abayobozi b’ibigo bagombye kwicarana n’ababyeyi hakigwa uko haboneka amafaranga yo kubahahira.

Avuga ko hari abafite umuco mwiza wo kubiganiraho n’abarezi, hakaba haremejwe amafaranga yo kubahahira.

Icyakora nabo abasaba gukomeza kubinoza.

Ibaruwa ibiyama

N’ubwo bivuzwe mu Karere ka Rutsiro, bishobora kuba biri n’ahandi.

Gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri ni gahunda igamije gutuma biga neza, ntibasibe ishuri cyangwa ngo nyuma ya saa sita bige bahunyiza kubera inzara.

TAGGED:AbanyeshuriAbarimuAmafunguroRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Guinée Mu Bufatanye Mu By’Indege, Ubucuruzi N’Amahoteli
Next Article Umunyamakuru Theo YAREKUWE By’Agateganyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?