Rwanda: Ibiciro Bikomeje Kuzamuka

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, kigaragaza ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 17,6% ugereranyije na Nzeri 2021. Mu kwezi bwabanje , ni ukuvuga Kanama, 2022, byari byiyongereyeho 15,9%. Kuba ibiciro byarazamutse byatumye hari abantu bamwe batakigura kubera ko n’aho amikoro yavaga hatigeze hahinduka. Muri Nyakanga , itumbagira ry’ibi biciro ryiyongereye bitewe ahanini … Continue reading Rwanda: Ibiciro Bikomeje Kuzamuka