Rwanda: Umusaruro W’Ubuhinzi N’Ubworozi Warazamutse Guhera Mu Mwaka Wa 2017

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga. Bikubiye mu byo yagejeje ku Nteko ishinga amategeko, Imitwe yombi, kuri uyu wa Mbere ubwo yavugaga kuri Politiki ya Leta y’u Rwanda mu kuzahura ubukungu bushingiye ku buhinzi n’ubworozi. … Continue reading Rwanda: Umusaruro W’Ubuhinzi N’Ubworozi Warazamutse Guhera Mu Mwaka Wa 2017