Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RwandAir Igiye Gutangiza Ingendo I Lubumbashi N’I Goma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubucuruzi Mpuzamahanga

RwandAir Igiye Gutangiza Ingendo I Lubumbashi N’I Goma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2021 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Biteganyijwe ko guhera tariki 15, Nzeri, 2021,  indege z’ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere, RwandAir, zizatangira gukorera ingendo i Lubumbashi n’i Goma.

Kugeza ubu indege za RwandAir zikora ingendo kabiri zijya i Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Lubumbashi ni Mujyepfo ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahegereye igihugu cya Zambia.

Kuva i Goma ujya i Lubumbashi hareshya na Kilometero 1100.

Kuri Twitter abagenzi batega RwandAir bishimiye ko igiye gutangiza ziriya ngendo, ndetse bamwe bavuga ko byerekana umubano mwiza n’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Nta gihe kinini gishize Abakuru b’ibihugu byombi bahuye, baganira imikoranire ndetse hari n’amasezerano yasinywe arimo n’ay’ubucuruzi.

Ni amasezerano arimo n’ayo gukuraho gusoresha kabiri ibicuruzwa byambukiranya imipaka.

TAGGED:featuredGomaLubumbashiRepubulikaRwandaRwandAir
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyishimo Muri Kigali Arena: Abafana Bazareba Imikino Ya Afro Basket2021 Imbonankubone
Next Article Sen Emmanuel Havugimana Yasabye Abanyarwanda Imbabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?