Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RwandAir Igiye Gutangiza Ingendo I Lubumbashi N’I Goma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubucuruzi Mpuzamahanga

RwandAir Igiye Gutangiza Ingendo I Lubumbashi N’I Goma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2021 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Biteganyijwe ko guhera tariki 15, Nzeri, 2021,  indege z’ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere, RwandAir, zizatangira gukorera ingendo i Lubumbashi n’i Goma.

Kugeza ubu indege za RwandAir zikora ingendo kabiri zijya i Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Lubumbashi ni Mujyepfo ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahegereye igihugu cya Zambia.

Kuva i Goma ujya i Lubumbashi hareshya na Kilometero 1100.

Kuri Twitter abagenzi batega RwandAir bishimiye ko igiye gutangiza ziriya ngendo, ndetse bamwe bavuga ko byerekana umubano mwiza n’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Nta gihe kinini gishize Abakuru b’ibihugu byombi bahuye, baganira imikoranire ndetse hari n’amasezerano yasinywe arimo n’ay’ubucuruzi.

Ni amasezerano arimo n’ayo gukuraho gusoresha kabiri ibicuruzwa byambukiranya imipaka.

TAGGED:featuredGomaLubumbashiRepubulikaRwandaRwandAir
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyishimo Muri Kigali Arena: Abafana Bazareba Imikino Ya Afro Basket2021 Imbonankubone
Next Article Sen Emmanuel Havugimana Yasabye Abanyarwanda Imbabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi N'Ubuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?