Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RwandAir Igiye Gutangiza Ingendo I Lubumbashi N’I Goma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubucuruzi Mpuzamahanga

RwandAir Igiye Gutangiza Ingendo I Lubumbashi N’I Goma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2021 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Biteganyijwe ko guhera tariki 15, Nzeri, 2021,  indege z’ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere, RwandAir, zizatangira gukorera ingendo i Lubumbashi n’i Goma.

Kugeza ubu indege za RwandAir zikora ingendo kabiri zijya i Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Lubumbashi ni Mujyepfo ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahegereye igihugu cya Zambia.

Kuva i Goma ujya i Lubumbashi hareshya na Kilometero 1100.

Kuri Twitter abagenzi batega RwandAir bishimiye ko igiye gutangiza ziriya ngendo, ndetse bamwe bavuga ko byerekana umubano mwiza n’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Nta gihe kinini gishize Abakuru b’ibihugu byombi bahuye, baganira imikoranire ndetse hari n’amasezerano yasinywe arimo n’ay’ubucuruzi.

Ni amasezerano arimo n’ayo gukuraho gusoresha kabiri ibicuruzwa byambukiranya imipaka.

TAGGED:featuredGomaLubumbashiRepubulikaRwandaRwandAir
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyishimo Muri Kigali Arena: Abafana Bazareba Imikino Ya Afro Basket2021 Imbonankubone
Next Article Sen Emmanuel Havugimana Yasabye Abanyarwanda Imbabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?