Samuel Dusengiyumva Yagizwe Meya W’Umujyi Wa Kigali

Nyuma yo kugirwa Umujyanama muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva yatorewe kuba Meya w’ Umujyi wa Kigali.

Uyu munyamategeko ukiri muto yari amaze igihe runaka ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.

Pudence Rubingisa
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version