Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Somalia: Inzige zongeye kwibasira imirima y’abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Somalia: Inzige zongeye kwibasira imirima y’abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2020 12:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango Mpuzamahanga utabara imbabare( ICRC), Ishami ry’Afurika uratabariza abatuye ibice bimwe bya Somalia kuko byibasiwe n’inzige. Video washyize kuri Twitter irerekana inzige zibarirwa mu bihumbi ziguruka zikagwa mu mirima y’abaturage.

Hari hashize igihe runaka inzige zitavugwaho kwibasira imirima y’abatuye bimwe mu bihugu by’Afurika y’i Burasirazuba.

Mu mpera z’umwaka wa 2019, inzige zibasiye imirima y’abatuye Somalia na Kenya k’uburyo abantu benshi bari bafite ubwabo ko bazisarurira mu biganza kuko imyaka yariwe na turiya dusimba.

ICRC yanditse iti: “ Hari ibitero by’inzige nyinshi zibasiye abaturage ba Somalia k’uburyo buteye inkeke. Ni ikibazo giteye impungenge ku mibereho y’abaturage ba Somalia.”

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, FAO, rivuga ko agace kibasiwe n’inzige muri Somali ari akitwa Somaliland.

Inzige zadutse muri Afurika zari ziturutse muri Yemen.

Ni udukoko twona cyane k’uburyo aho duciye nta kimera dusiga gihagaze.

Dushobora kona toni 170 000 ni ukuvuga ibiribwa bishobora kuribwa n’abaturage barenga miliyoni mu gihe kingana n’umwaka.

Zatangiye kuba ikibazo kuri Afurika  muri Nyakanga, 2019.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibitaro bya Nyamata bivugwamo kutagira amazi, Meya ati: ‘Amazi se abura ate mu bitaro?
Next Article Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda yahuye n’uw’ingabo za Qatar
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Ntishaka Ubuhuza Bwa Thabo Mbeki 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbukungu

Angola Igiye Kujya Itunganya Diyama Yose Icukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?