Hari abanyamuryango za Koperative zimwe na zimwe zo mu Rwanda bavuga ko hari umutungo babikije Koperative zabo ariko ntibamenye irengero ryawo. Ubuasanzwe abantu babitsa za Koperative...
Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Bwana Joseph Mugire wahoze ari umuyobozi muri Koperative Umwalimu SACCO na Liliane Nyirarukundo nawe wakoraga muri iriya Koperative ibakurikiranyeho inyandiko mpimbano....