Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 October 2025 12:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Tanzania bazindukiye ku biro by’itora hirya no hino mu gihugu ngo batore Perezida n’abagize Inteko ishinga amategeko.

Ku mwanya wa Perezida, mu buryo budasubirwaho biragaragara ko Samia Suluhu Hassan ari we uri butorwe kuko n’uwo bari buhangane Tindu Lissu yakumiriwe mu kwiyamamaza.

Ishyaka riri k’ubutegetsi muri iki gihugu Chama cha Mapenduzi (CMM) niryo kandi rivugwaho kuzegukana imyanya myinshi mu Nteko Ishinga Amategeko.

Iri shyaka kandi rimaze imyaka 64 k’ubutegetsi.

Hari abarebera hafi ibibera muri Tanzania bavuga ko Perezida Samia Suluhu Hassan yigijeyo abatavuga rumwe nawe barimo n’abanyamakuru ku buryo gutsinda amatora kwe kugaragarira bose.

Yagiye k’ubutegetsi mu mwaka wa 2021 asimbuye John Pombe Magufuli wapfuye amaze amezi make atangiye manda ya kabiri, mbere akaba yari amwungirije.

Amashyaka akomeye atavuga rumwe na Leta muri Tanzania ni Chadema ya Tindu Lissu na ACT-Wazalendo ya Luhaga Mpina.

Umuntu wemerewe gutorera muri Tanzania ni umunyagihugu ufite imyaka 18 kuzamura, akaba afite ikarita y’itora.

Ubwitabire bwo mu matora aheruka mu mwaka wa 2020 bwari kuri 50.72%.

TAGGED:AbaturageAmatoraSamiaSuluhuTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere
Next Article Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?