Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania Igiye Kugurisha DRC Toni 500000 Z’Ibigori
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tanzania Igiye Kugurisha DRC Toni 500000 Z’Ibigori

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2024 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye Tanzania ko bagura toni 500000 kugira ngo ibone ibyo igaburira abaturage.

Amasezerano y’ubu buguzi yaraye asinywe hagati y’Ikigo cya Tanzania gishinzwe ibiribwa kitwa National Food Reserve Agency (NFRA) n’Ikigo cya DR kitwa Quincy Company gikorera mu Ntara ya Katanga

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi muri Tanzania witwa Gerald Mweri avuga ko igice cya mbere cy’ibi binyampeke kizaba ari Toni 200000, nyuma hakazatangwa izindi 300,000 zizaba zisigaye.

Umuyobozi w’ikigega cya Tanzania cy’ibiribwa witwa Andrew Komba avuga ko iki gihugu gifite ibiribwa bihagije bityo ko cyafasha abandi babikeneye.

Avuga ko uretse ibisanzwe mu kigega, hari n’ibindi binyampeke bizera mu mweru w’uyu mwaka bityo ko nta mpungenge zikwiye kuhaba.

Amasezerano y’ubu buguzi yaraye asinyiwe i Dodoma mu Murwa mukuru wa Tanzania nk’uko itangazamakuru ryo muri iki gihugu ribivuga.

TAGGED:DRCfeaturedIbigoriTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abahanze Udushya Mu Buhinzi Bo Muri Afurika Bagiye Kubyunguranamo Ibitekerezo
Next Article Menya Ibyo Ingengo Y’Imari Y’u Rwanda Izashorwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?