Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bushinwa Bwashyizeho Amategeko Mashya Yo Kujya Mu Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Bushinwa Bwashyizeho Amategeko Mashya Yo Kujya Mu Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2023 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
KAMPOT, March 15, 2020 -- Soliders take part in the opening ceremony of a joint military exercise of Cambodia and China in Cambodia's southwestern Kampot province, on March 15, 2020. Cambodia and China launched the fourth joint drill on counter-terrorism and humanitarian rescue at the Techo Sen Chumkiri live-fire field in Cambodia's southwestern Kampot province on Sunday. (Photo by Cui Songrou/Xinhua via Getty) (Xinhua/Mao Pengfei via Getty Images)
SHARE

U Bushinwa buguye gusohora amabwiriza akubiye mu ngingo 74 avuga uko umusirikare wabwo agomba kuba ateye.

Amakuru make yatangajwe n’ikinyamakuru cya Leta y’u Bushinwa kitwa Xinhua News avuga ko muri izo ngingo hazaba hakubiyemo ingingo zumvikana  zisobanura uko umusirikare w’u Bushinwa agomba kuba ateye, atekereza kandi yitwara.

Ibisobanuro birambuye by’uko umusirikare w’iki gihugu azaba ateye mu myaka iri imbere bizatangazwa bitarenze taliki 01, Gicurasi, 2023.

Umugambi Mugari W’u Bushinwa Wo Kwigarurira Taiwan

TAGGED:BushinwaIngaboTaiwan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Umujura Yateye Umukobwa Icyuma Mu Nda No Ku Ijosi
Next Article Ibikubiye Muri Raporo Y’Inzu Zo Kwa Dubai Biteye Inkeke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?