U Rwanda Rufite Zahabu Nyinshi Muri Nyungwe Ariko Kuyicukura Ni Ingorabahizi

Umukozi mu Kigo  cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye ushinzwe ishami rigenzura inkomoko n’ubuziranenge by’amabuye y’agaciro witwa John Kanyangira yabwiye Taarifa ko n’ubwo ubucuruzi muri rusange bwazahaye, ariko u Rwanda rwohereje hanze amabuye y’agaciro menshi.Umubare munini woherejwe hanze ni uw’ibuye rya Gasegereti. Zahabu iri mu Rwanda ni nyinshi ariko kuyicukura biragoye… Ikiganiro yagiranye na Taarifa: 1.Mwitwa bande, … Continue reading U Rwanda Rufite Zahabu Nyinshi Muri Nyungwe Ariko Kuyicukura Ni Ingorabahizi