U Rwanda Ruhangayikishijwe Bikomeye N’Imyitwarire Ya Guverinoma Ya DRC

Mu itangazo rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ryaraye risohotse kuri iki Cyumweru handitsemo ko ibyo DRC iri gukora bihangayikishije u Rwanda mu buryo bukomeye. U Rwanda ruvuga ko bigaragaza kudashaka gukurikiza ibikubiye mu masezerano ya Luanda n’ay’i Nairobi kandi ko kuba Umuryango mpuzamahanga ukomeje kubirebera nabyo bibyongerera ubukana. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ivuga … Continue reading U Rwanda Ruhangayikishijwe Bikomeye N’Imyitwarire Ya Guverinoma Ya DRC