Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rukomeje Gutegura Abakinnyi Beza Ba Basketball B’Ejo Hazaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rukomeje Gutegura Abakinnyi Beza Ba Basketball B’Ejo Hazaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 April 2023 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gufungura Gymnasium izafasha abanyeshuri bakunda Basketball kubona aho bakiyikinira, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’uyu mukino, FERWABA,  ryatangaje ko haraye harangiye ingando z’abakiri bato bakina uyu mukino.

Ni ingimbi n’abangavu batarengeje imyaka 16 y’amavuko.

Mu gihe cy’iminsi itatu, uru rubyiruko rwahuguwe ku kamaro ko gukina Basketball haba ku buzima bwabo, ubukungu ndetse no ku gihugu muri rusange.

Bahuguriwe mu rwunge rw’amashuri rwa Lycée de Kigali (LDK) aha hakaba ari n’aho hubatswe Gymnasium twavuze haruguru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bayatangiye taliki 14, arangira taliki 16, Mata, 2023.

Abahuguwe nibo bazatoranywamo abazahagararira u Rwanda mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika “FIBA Africa U16 Championship Qualifiers.”, izaba mu mwaka wa 2023 mu mezi make ari imbere.

TAGGED:AmahugurwaBasketballfeaturedImikinoIrushanwaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkongi Yibasiye Inzu Y’i Dubai
Next Article Nyarugenge: Inzoga ‘Zishe’ Umugabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?