Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwabonye Isoko Ry’Urusenda Ruseye Mu Bushinwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

U Rwanda Rwabonye Isoko Ry’Urusenda Ruseye Mu Bushinwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 March 2021 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hasinywe amasezerano hagati ya Ambasade y’u Rwanda iyobowe na James Kimonyo na Leta y’u Bushinwa yemerera u Rwanda kujya rugurisha mu Bushinwa urusenda ruseye.

Ambasaderi James Kimonyo yishimye ko ariya masezerano azafasha abahinzi b’urusenga mu Rwanda kubona aho bagurisha umusaruro wabo.

U Rwanda rwari rusanzwe rwohereza urusenda mu bihugu birimo u Buholandi, u Bwongereza, Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, u Budage, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Bufaransa, Leta ziyunze z’Abarabu, Uganda, u Bubiligi, Tanzania na Danemark.

Uturere tw’u Rwanda tweza urusenda kurusha utundi ni Bugesera, Kayonza, Gatsibo, Rulindo na Rwamagana.

U Rwanda rweza urusenda ruri mu moko abiri ari yo Pilipili n’urundi bita ‘Bad Eye’ ruzwi mu Kinyarwanda nka Kamurari.

Kimonyi asinya amasezerano n’u Bushinwa
TAGGED:BushinwafeaturedUbuhinziUrusenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoba Ni Bwose Ku Ngaruka Zishobora Guterwa n’Iruka Rya Nyiragongo
Next Article Mu Rugo Rw’Umugore W’I Nyabihu Habonetse Imibiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

Rwanda: Mu Minsi Mikuru Abantu 92 Bafunzwe Bazira Gutwara Banyoye Inzoga

Amashereka: Ikinyobwa Cyaremwe Mu Rukundo

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Trump Ntarashirwa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Itegeko Ku Makosa Yo Mu Muhanda Riraremereye Cyane-Umunyamategeko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?