U Rwanda Rwafashe Uganda Mu Mugongo Kubera Urupfu Rwa Perezida Wayo W’Inteko

Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rifata mu mugongo abaturage ba Uganda baherutse kugira ibyago bagapfusha Jacob Oulanyah wari Perezida w’Inteko ishinga amategeko,

Oulanyah yatabarutse ku Cyumweru azize indwara.

Yaguye muri bimwe mu bitaro byo muri Amerika aho yari amaze igihe gito agiye kwivuza.

- Advertisement -

Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.

Perezida W’Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yapfuye

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version