Ku rutonde rw’uko Abakuru b’ibihugu bavuga ijambo babwira bagenzi babo bagize Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193, hariho ko Perezida w’u...
Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye bagenzi be bitabiriye inama iri kubera muri Cuba ihuza Ubushinwa n’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere ko n’ubwo muri rusange ibi bihugu...
Mu Biro bye, Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Abo ni Ambasaderi Ronald Micallef uhagarariye Repubulika ya Malta,...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Kanama, 2023, Perezida Kagame yaganiriye na ba Guverineri b’Intara za Nigeria bari mu Rwanda, bungurana ibitekerezo ku miyoborere ibereye Afurika...
Amakuru avuga ko hari umukozi muri Ambasade y’u Rwanda muri Kenya wagiye aho Rubayita yiciwe ngo akurikirane iby’iki kibazo. Uyu Munyarwanda uherutse kwica nyuma yo gushyamira...