Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Clémentine Mukeka yijeje intumwa z’u Burundi ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu warwo...
Icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda gifashwe n’urukiko nyuma y’amezi atatu yari ashize urukiko rukuru rw’u Bwongereza rusuzuma niba ibyo imiryango y’uburenganzira bwa muntu yavugaga byari...
Mu ntangiriro z’Icyumweru gitangira kuri uyu wa Mbere Taliki 19, Ukuboza, Urukiko rukuru rw’u Bwongereza ruratangaza icyemezo cyarwo k’ukohereza abimikira mu Rwanda bikozwe na Guverinoma y’u...
Perezida w’Amerika Joseph(Joe) R. Biden yaraye yakiriye Perezida Kagame ku meza. Iki gikorwa cyo gutsura umubano hagati y’Amerika n’Afurika kitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitabiriye Inama...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yahuye na bagenzi be bayobora ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba barimo na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye. Bigaga uko imyanzuro...