Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...
Bwana Mokgweesi Masisi uyobora Botswana ari busure Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, aganire na mugenzi we Felix Tshisekedi. Umunyamakuru wa Jeune Afrique ukorera muri DRC witwa...
Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari umunyamabanga mukuru wa CommonWealth ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta. Aje kuganira...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye yemereye abashakashatsi mu mateka y’umubano hagati y’igihugu cye na Algeria kugera ku nyandiko zivuga ibyo abasirikare b’u Bufaransa bakoreye Abanya...