Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika byijemeje guhahirana, AfCFTA, bwaraye butangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bitandatu byatoranyijwe ngo bizakorerwemo igerageza...
Perezida Paul Kagame yohereje Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ngo amuuhagararire mu Nama Nkuru yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika n’ubuyobozi bukuru bw’iyi Banki. Banki nyafurika y’Iterambere iyobowe...
Mu nama yamuhuje n’abandi bayobozi bo muri Afurika ndetse n’inshuti zayo, Perezida Kagame yavuze ko amasezerano ashyiraho isoko rusange nyafurika atagamije ko ibihugu by’uyu muryango biba...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri...
Umukuru wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló ubu ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Uyu mugabo utamaze igihe kinini ayobora kiriya gihugu mu minsi ishize yararusimbutse...