Nyuma y’ibiganiro byagiye bitangirwa ariko bigapfuba, hari amakuru avuga ko inzego z’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda zigiye gusubukura ibiganiro ku buhahirane bw’amata. Ni ibiganiro biteganyijwe...
Perezida wa Banki Nyafurika y’Iterambere Dr Akinumi Adesina yanditse kuri Twitter ko aherutse kuganira na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we uyobora Tanzania Madamu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Mozambique Filip Nyusi baganira aho ibikorwa byo kugarura amahoro...
Ubutegetsi bw’i Kampala bwarangije gushyiraho urutonde rw’ibicuruzwa bwo muri Kenya budashaka ko bikandagira ku isoko rya Uganda. Birimo ibikoresho by’ibanze bikenerwa mu nganda ndetse n’ibicuruzwa bikomoka...
Rose Kayi Mivedor ushinzwe guteza imbere ishoramari muri Repubulika ya Togo yarangije urugendo yagiriraga mu Rwanda. Yagiranye ibiganiro n’abakozi bo muri Minisiteri ishinzwe ubucuruzi n’inganda mu...