Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Umuyobozi w’Ikigo gifite ikicaro mu Butaliyani kitwa ENI witwa Claudio Descalzi. Yari ari kumwe n’itsinda ryaje...
Arthur Germond uyobora Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe Iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Developément avuga ko hari imishinga batoranyije bafatanyije na Leta y’u Rwanda bazatera inkunga. Ngo ibyo...
Diego Twahirwa usanzwe ayobora Ikigo gihinga kikanagurisha urusenda gikorera mu Bugesera kitwa Gashora Farm yahawe ubutaka bungana na Hegitari 2000 muri Zimbabwe ngo azihingeho urusenda. Amasezerano...
Biteganyijwe ko Ambasaderi w’u Bufaransa mu Bwongereza Madamu Catherine Colonna aza kwitaba Ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga by’u Bwongereza kugira ngo asobanure icyateye igihugu cye gufata ubwato...
Imibare itangazwa n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi, World Trade Organization, ivuga ko ibipimo bafite byerekana ko igipimo cy’ubucuruzi ku Isi kizanzamuka mu bihe biri imbere ariko ko hari...