Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa: Minisitiri W’Intebe Utarumazeho Ukwezi YEGUYE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Ubufaransa: Minisitiri W’Intebe Utarumazeho Ukwezi YEGUYE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2025 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ahise yegura adateye kabiri.
SHARE

Sébastien Lecornu wari umaze igihe gito cyane abaye Minisitiri w’Intebe mu Bufaransa yeguye nyuma y’amasaha make atangaje abagize Guverinoma ye.

Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko Lecornou yabagejejeho ubwegure bwe kare muri iki gitondo mu gihe hari hitezwe ko ari bukoreshe Inama y’Abaminisitiri ya mbere ku mugoroba.

Kwegura kwe kuje gusonga Guverinoma ya Emmanuel Macron umaze kwakira ubwegure bwa ba Minisitiri b’intebe bane mu gihe kitageze ku myaka ibiri.

Ibi kandi byatumye abashoramari ku masoko y’imigabane mu Bufaransa bakuka umutima kuko kudatuza kwa politiki kuri bugire ingaruka ku bukungu bwa Paris.

Nk’ubu agaciro ku isoko ry’imari n’imigabane kuri uyu wa Mbere ryaguye kuri 2%.

Imwe mu ngingo zamuteye kwegura nk’uko Ibiro Ntaramakuru by’Ubufaransa, AFP, bibivuga ni uko abo mu ishyaka ry’aba Républicains bayobowe na Bruno Retailleau bamwamaganye.

Bruno Daniel Marie Paul Retailleau ni umunyapolitiki wakoze muri Guverinoma zitandukanye kuko yashinzwe Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu muri Guverinoma ya Bayrou ndetse yari no mu yabanje na Barnier.

Minisitiri w’Intebe Lecornu yagiye kuri uyu mwanya tariki 09, Nzeri, akaba yaburaga iminsi itatu ngo yuzuze ukwezi.

Abaye Minisitiri w’intebe wa gatatu weguye mu gihe kitageze ku mwaka.

Icyatumye igitutu cyo gutuma yegura kizamuka ni uko abenshi yagaruye abantu benshi mu bahoze muri Guverinoma yasimbuye, ikintu cyatumye abatavuga rumwe nawe bamwamaganira kure.

Umwe muri bo ni Bruno Le Maire yari yashinze Minisiteri y’ingabo.

TAGGED:featuredIntebeKweguraUbufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera: PSF Yasinyanye N’Ubuyobozi Gufatanya Guteza Imbere Abaturage
Next Article Rutsiro: Bakurikiranyweho Gutema Inka Z’Abaturanyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?