Ubukwe Bwa Clarisse Karasira ‘Buzataha’ Nyuma Y’Amezi Atatu

Byatangajwe n’umukunzi we Dejoie Ifashabayo nyuma y’uko basezeranye imbere y’amategeko mu muhango waraye ubureye mu Biro by’Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ifashabayo yavuze ko yemeranyijwe na Karasira kubana nk’umugabo n’umugore, ubukwe bukazataha mu mezi atatu ari imbere. Yabwiye Inyarwanda dukesha iyinkuru ko ari iby’igiciro kinini kuba yafashe ku ibendera ry’u Rwanda akemeza ko … Continue reading Ubukwe Bwa Clarisse Karasira ‘Buzataha’ Nyuma Y’Amezi Atatu