Ubushinwa Bwemeye Kongera Ikibatsi Mu Mubano Wabwo N’u Rwanda

Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugiye kongera ikibatsi mu mubano busanganywe n’u Rwanda Abayobozi b’ibihugu byombi baganiriye ku mikoranire mu by’ubuzima, ibikorwaremezo, ikoranabuhanga no mu zindi nzego u Rwanda rufatanyamo n’Ubushinwa. … Continue reading Ubushinwa Bwemeye Kongera Ikibatsi Mu Mubano Wabwo N’u Rwanda