Urukiko rw’Ubujurire rwategetse ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba aburanishwa adahari, nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere atarwitabye kandi yaremenyeshejwe umunsi w’urubanza. Urukiko rwatangiye kuburanisha ubujurire...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga (IRMCT) rwategetse Niger gusubiza Abanyarwanda umunani ibyangombwa byabo, bakongera kwidegembya aho kubaho bafungiwe mu nzu. Ni abantu barimo abarangije ibihano bakatiwe...
Rusesabagina Paul wahamijwe ibyaha by’iterabwoba agakatirwa gufungwa imyaka 25, kuri uyu wa Mbere yanze kwitaba Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha urubanza aregwamo hamwe na bagenzi be 20....
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa David Hategekimana ukekwaho gukubita no gukometsa umugore we witwa Consolée Ingabire. Amakuru dufite ni uko uriya mugabo yakubise agakomeretse bikomeye...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwamenyesheje Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwa muri Niger ko icyemezo kibirukana muri icyo gihugu cyasubitswe iminsi 30, mu gihe hategerejwe...