Leta y’u Rwanda imaze igihe ishaka uko Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH) byashyirwa ku rwego mpuzamahanga, nka bumwe mu buryo bwagabanya ko Abanyarwanda bajya kwivuriza hanze...
Ubuyobozi bw’Ibitaro Byitiriwe Umwami Faisal bwatangaje ko biri mu myiteguro yo gutangiza serivisi zo gusimbura impyiko, nk’imwe muri serivisi Abanyarwanda benshi bajya gushakira mu mahanga kandi...
Ubushakashatsi bwatangajwe na BBC buvuga ko abantu bakora amasaha menshi bagira ibyago byo gupfa bazize guturika kw’imitsi yo mu bwonko cyangwa umutima ugahagarara. Guhera muri 2016...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya...