Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse...
Ku isi hari impungenge z’uko hashobora kwaduka ikindi cyorezo gitewe n’indwara Abanyarwanda bise UBUSHITA BW’INKENDE. Mu Cyongereza bayita Monkey Pox. Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko...
Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko bitakiri ngombwa ko abantu bagiye guhurira ahantu hamwe bapimwa umuriro. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe. Mu...
Inama ikomeye yahuje inzego za leta, amavuriro yigenga n’ibigo by’ubwishingizi yakuyeho icyemezo cyari gutuma guhera kuri uyu wa 25 Mutarama, abantu bivuriza ku bwishingizi bwa Radiant,...