Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko ibibazo biterwa n’icyorezo cya COVID-19 byiyongereye ku ihungabana Abanyarwanda bakomora ku mateka ya Jenoside yakorewe...
Uruganda rwo mu Bwongereza rukora inkingo n’imiti rwitwa GlaxoSmithKline (GSK) rwaraye ruhawe amanota meza kubera ko urukingo rwakoze rukingira Malaria rwemejwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...
Impanuka ya mbere umuntu ahura nayo kandi bikarangira imuhitanye ni ukuvuka. Ibi ni rusange ku bantu bose ariko ku bana bavuka bagasanga hari umwe mu babyeyi...
Minisiteri y’Ubuzima yafashe icyemezo cyo gufunga Baho International Hospital, nyuma y’iminsi ikorwaho iperereza kuri serivisi mbi zagiye zituma bamwe mu barwayi bakirwa n’ibyo bitaro bahasiga ubuzima....
Binyuze mu Kigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID, Amerika yahaye u Rwanda miliyoni 75 $ ni ukuvuga miliyari 75 Frw zo kurufasha mu bikorwa byo guhashya...