Uruganda rw’imiti rwo muri Amerika, Johnson & Johnson, rwahagaritse igerageza ry’urukingo rwa virus itera Sida ryakorerwaga muri Afurika guhera mu 2017. Iryo gerageza ryiswe Imbokodo ryahagaritswe...
Uruganda Biopharmaceutical New Technologies (BioNTech) rwo mu Budage rwemeye gusuzuma uburyo rwakubakira ku ikoranabuhanga ryarwo, rugakorera mu Rwanda na Senegal inkingo z’indwara za Malaria n’Igituntu. Ni...
Mu mizo ya mbere guterura ibyuma bitera ubwoba, bigaca intege. Ku rundi ruhande ariko kubikora ni umwitozo mwiza. Mu mezi atandatu umuntu ashobora kugira icyo ageraho,...
Urubyiruko rw’i Kinshasa rumerewe nabi kubera ikiyobyabwenge bise Bombe. Ni abatuye uriya mujyi bagihimbye, bagikora mu binyabutabire bitandukanye none ubu kimaze kogera mu rubyiruko rw’aho. Abo...
Kaminuza Mpuzamahanga mu by’ubuzima(The University of Global Health Equity (UGHE) yatoye Madamu Jeannette Kagame ngo abe Umuyobozi wungirije w’Inama ngishwanama y’inararibonye z’Abanyafurika yiswe African Advisory Board....