Abakora mu nzego z’ubuzima muri Guinea baratangaza ko hari umuntu wahitanywe n’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg kandi ngo iyi ndwara nidakumirwa hakiri kare ishobora kuzaba...
Kuri iki Cyumweru tariki 08, Kanama, 2021 abantu bari mu bwato bagira ngo bambuke ikiyaga cya Tanganyika baje kurohama nyuma y’uko bugonze ibuye, bukarohama. Hapfuye abantu...
Itsinda ry’abaganga baturutse muri Maroc, Espagne n’u Burusiya bahuriye na bagenzi babo b’Abanyarwanda mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu gikorwa kizabasigira ubumenyi ku buryo bugezweho bwo...
Nibwo bwa mbere mu mateka y’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge muri Amerika, hafashwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kageze kuri miliriya y’amadolari y’Amerika. Ibiyobyabwenge byafashwe ni toni 27 za cocaine n’ibilo...
Umubyibuho ukabije ni ikibazo cy’ubuzima hirya no hino ku isi ariko cyane cyane mu bihugu bikize n’ibitangiye gukira. Bavuga ko umuntu afite umubyibuho ukabije iyo bafashe...