Umubyibuho ukabije ni ikibazo cy’ubuzima hirya no hino ku isi ariko cyane cyane mu bihugu bikize n’ibitangiye gukira. Bavuga ko umuntu afite umubyibuho ukabije iyo bafashe...
Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byo mu Mujyi wa Kigali byasabye imbabazi ku mitangire mibi ya serivisi imaze igihe ibivugwamo, yamaganywe cyane kuva mu minsi...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’amanywa yafashe abantu 13 bari muri Sauna n’undi umwe ufite ubwandu bwa COVID-19 wari...