Mu rwego rwo gufasha abaturage kwisungana ngo abishoboye bafashe abatishoboye kwivuza, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo biswe Mutuelle de Santé. Kuza ubu ubwitabire mu kuyitanga bwakomeje...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko ubushakashatsi bwamaze kwerekana ko COVID-19 ikwirakwira mu mwuka, bityo abantu bashishikarizwa gukorera imirimo yabo ahantu hari umwuka wo hanze...
Dr Ron Adam uhagarariye Israel mu Rwanda aherutse guha amaraso Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukusanya, kurinda no guha amaraso abayakeneye. Ni ku nshuro ya gatatu yari...
Mastercard Foundation yemeye gutanga miliyari $1.3 mu myaka itatu iri imbere, mu bufatanye n’Ikigo nyafurika gishinzwe kurwanya ibyorezo, Africa CDC, hagamijwe gutabara ubuzima bwa miliyoni z’Abanyafurika...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko inkingo 50.300 za Pfizer zagejejwe ku bigo nderabuzima n’ibitaro bya Leta hirya no hino mu Rwanda, zikazatangira guhabwa abantu batandukanye kuri uyu...