Hari abantu batekereza ko umuntu mwiza( ku ruhu) ari uw’inzobe, ibi bigatuma bamwe bakoresha amavuta arimo ikinyabutabire kitwa bita hydroquinone kugira ngo babe inzobe. Kuba inzobe...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yakiriye inkingo 247.000 za AstraZeneca, zizatangira gutangwa kuri uyu wa Gatandatu haherewe ku bahawe urukingo rwa mbere rwa COVID-19, bari bategereje urwa...
Imibare y’Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, igaragaza ko mu bana basaga ibihumbi 312 bandikishijwe mu mwaka wa 2020, izina ry’Ikinyarwanda ryiganje kurusha ayandi ari Ishimwe, ryiswe...
Nyuma y’uko hari abatuye Umujyi wa Kigali benshi batangaza ko barwaye cyangwa barwaje ibicurane ndetse bamwe bakabyandika kuri Twitter, Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima kirabagira inama yo kwisuzumisha...
Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse COVID-19....