Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwandu Bushya Bwa COVID-19 Muri Uganda Bwageze Kuri 22%
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwandu Bushya Bwa COVID-19 Muri Uganda Bwageze Kuri 22%

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2021 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yatangaje ko ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kuzamuka cyane, aho ibipimo bishya byagaragaje ko abantu banduye ari 22% ugereranyije n’abapimwe.

Kuri uyu wa Kane yagaragaje ko ibipimo 8,313 byafashwe ku wa 28 Ukuboza 2021 byemeje ko abantu 1,809 barwaye.

Mu banduye bashya harimo 912 bo muri Kampala, 341 bo muri Wakiso, 136 bo muri Kiruhura na 103 bo muri Luweero.

Ijanisha ry’abanduye ugereranyije n’abapimwe rigenda rizamuka kurushaho, kuko ku wa 27 Ukuboza ryari 18.3%, ku wa 27 Ukuboza 2021 riba 17%.

Uretse abantu bashya bandura, ubu abantu 69 barembeye mu bitaro bitandukanye mu gihe abamaze gupfa ari 3291, barimo bane bo ku wa Kabiri.

Abantu bose hamwe bamaze gusangwamo COVID-19 muri Uganda ni 139,079, mu gihe abakize ari 98,379. Bivuze ko abakirwaye ari 40,700.

Kugeza ubu inkingo zimaze gutangwa muri Uganda ni miliyoni 11,3.

TAGGED:featuredMinisiteriUbuzimaUbwanduUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Mozambique Yasuye Ingabo z’u Rwanda Muri Cabo Delgado
Next Article Abishyura Bakoresheje Amakarita Baraburirwa!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?