Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwandu Bushya Bwa COVID-19 Muri Uganda Bwageze Kuri 22%
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwandu Bushya Bwa COVID-19 Muri Uganda Bwageze Kuri 22%

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2021 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yatangaje ko ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kuzamuka cyane, aho ibipimo bishya byagaragaje ko abantu banduye ari 22% ugereranyije n’abapimwe.

Kuri uyu wa Kane yagaragaje ko ibipimo 8,313 byafashwe ku wa 28 Ukuboza 2021 byemeje ko abantu 1,809 barwaye.

Mu banduye bashya harimo 912 bo muri Kampala, 341 bo muri Wakiso, 136 bo muri Kiruhura na 103 bo muri Luweero.

Ijanisha ry’abanduye ugereranyije n’abapimwe rigenda rizamuka kurushaho, kuko ku wa 27 Ukuboza ryari 18.3%, ku wa 27 Ukuboza 2021 riba 17%.

Uretse abantu bashya bandura, ubu abantu 69 barembeye mu bitaro bitandukanye mu gihe abamaze gupfa ari 3291, barimo bane bo ku wa Kabiri.

Abantu bose hamwe bamaze gusangwamo COVID-19 muri Uganda ni 139,079, mu gihe abakize ari 98,379. Bivuze ko abakirwaye ari 40,700.

Kugeza ubu inkingo zimaze gutangwa muri Uganda ni miliyoni 11,3.

TAGGED:featuredMinisiteriUbuzimaUbwanduUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Mozambique Yasuye Ingabo z’u Rwanda Muri Cabo Delgado
Next Article Abishyura Bakoresheje Amakarita Baraburirwa!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?