Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abarimu Bariyahura Umusubizo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abarimu Bariyahura Umusubizo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2022 3:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Owura Kwadwo Hottish illustrates  a window of Microsoft Word using colored chalk on a blackboard. He uses it to teach computer skills to students at the Betenase M/A Junior High School in Kumasi, Gha
SHARE

Mu Ntara ya Ntungamo haravugwa inkuru y’abarimu batatu bamaze kwiyahura mu minsi 14. Babiri bigishaga mu Mashuri abanza kandi yigenga mu gihe undi ari uwo mu ishuri rya  Leta.

Polisi ivuga ko uwa mbere yiyahuye Taliki 30, Nzeri, undi yiyahura Taliki 13, muri uko kwezi n’aho uwa gatatu yiyahura Taliki 09 muri uko kwezi.

Hari umupolisi wabwiye The Monitor ko muri iki gihe imibare y’abarimu biyahura iri kwiyongera kandi ngo si muri Ntungamo honyine.

Umwe muri bariya barimu wiyahuye yari aherutse gufungurwa.

Hari n’undi mwarimu wigisha science witwa Baryabishubamu wigishaga ahitwa Nyakika nawe umugore we n’umukobwa we basanze yimanitse mu mugozi wari ufashe mu gisenge cy’icyumba bararamo.

Bari batuye ahitwa Kijojo.

Indi mibare itangwa na Polisi ivuga ko hafi buri kwezi, byibura umwarimu umwe wo muri Ntungamo yiyahura.

Ni agace kandi gakora ku Rwanda.

Ntungamo( mu kabara k’umutuku) ikora ku Rwanda ku Karere ka Nyagatare

Gatuwe n’aborozi b’inka benshi kandi abahatuye bakora n’ubucuruzi bw’ibintu byinshi.

TAGGED:AbarimufeaturedNtungamoRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Angola Mu Rwanda Avuga Ko Ibibera Muri DRC Bikomeye
Next Article I Nyanza Umugenzi Yapfiriye Muri Gare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?