Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzi The Ben Ari i Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzi The Ben Ari i Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe kurusha abandi ariko uba muri Amerika witwa The Ben yageze mu Rwanda. Mu mpera z’iki Cyumweru azataramira Abanyarwanda mu gitaramo yise Rwanda Re-Birth Concert kizabera muri BK Arena i Remera.

Yabwiye abanyamakuru ko akumbuye Nyina.

Abandi bahanzi bazaririmbana nawe ni uwitwa  Bushali, Kenny Sol, Chriss Eazy, Marina, Bwiza na Dj Toxxyk.

Mugisha Benjamin avuga ko igitaramo yateguriye Abanyarwanda kizaba ari imbaturamugabo.

Mu kiganiro kigufi yagiranye n’itangazamakuru yagize ati “Nateguye ibintu bitandukanye, muri make ni ubukwe.”

Itangazo ry’uko ibiciro byo kwinjiramo bihagaze rivuga ko kwinjira muri iki gitaramo ari Frw 10,000 mu myanya isanzwe, Frw 20,000 hasi mu kibuga, mu myanya y’icyubahiro bikaba Frw 50,000 .

Abanyeshuri bazaba baraguze tike mbere bazinjirira Frw 5,000.

Abazagurira amatike ku muryango mu myanya isanzwe bazayagura ibihumbi 15 Frw, mu gihe VIP bizaba ari ibihumbi 25 Frw kimwe no mu kibuga hagati naho VVIP bikaba ibihumbi 55 Frw. Itike y’ibihumbi 200 Frw ikagurwa ibihumbi 250 Frw.

Abazitabira iki gitaramo ndetse n’abanyeshuri bo mu Mujyi wa Kigali, itike bazaba baguze izajya iba irimo n’ikiguzi cy’urugendo rubageza ahabereye igitaramo rukanabacyura.

Uwicyeza Pamella umukunzi w’icyamamare The Ben
TAGGED:ArenaBKIgitaramoThe Ben
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abahinga Ibireti Bashinja Uruganda SOPYIRWA Kubambura Ubutaka
Next Article Abahinzi Bahombejwe No Kwizezwa Isoko Ntiryaboneka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?