Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukozi ‘Yibye’ Sebuja $10 000, RIB Imufata Ariyemo Make
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umukozi ‘Yibye’ Sebuja $10 000, RIB Imufata Ariyemo Make

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2021 6:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo witwa Zabron Gihana yasubijwe amadolari $ 9 400 yari asigaye nyuma y’uko umukozi we yayamwibye ubwo yayamuhaga ngo ayajyane kuyamubikiriza kuri Banki. Yafashwe amaze kurya mo $ 600.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwamusubije amafaranga ye, arushimira ubunyamwuga bugaragaza mu gufasha abaturage kubona ibyabo bibwe.

Umukozi wo mu iduka wafashwe yitwa Florien.

Kuri Twitter RIB yagize ati: “Uyu munsi ku cyicaro gikuru cya RIB habereye igikorwa cyo gusubiza Gihana Zabron, umucuruzi mu mujyi wa Kigali amadolari 9,400$ kuri 10,000$ yari yibwe n’umukozi we Rurangwa Florien wari wayahawe kugirano ayamushirire ku konti ya banki arayatorokana, afatwa amaze gukoreshaho 600$.”

Uyu mugabo yasubijwe amafaranga ye, asubira iwe.

TAGGED:AmadolarifeaturedGihanaRIBUmukozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UBufaransa Buravugwaho Uruhare Mu Iyicwa Rya Thomas Sankara
Next Article Umunyamabanga Mukuru Wa RPF Yijeje Kwimakaza Umubano N’u Burusiya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?