Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamabanga Uhoraho Wa Commonwealth Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umunyamabanga Uhoraho Wa Commonwealth Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 May 2022 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Patricia Scotland usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Patricia Scotland ari mu Rwanda mu ruzinduko yabonaniyemo na Perezida Paul Kagame.

Ku rukuta  rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu handitseho ko Perezida Kagame yaganiriye na Patricia Scotland ku ngingo zitandukanye zirimo n’imyiteguro ya CHOGM iri hafi kubera mu Rwanda.

Hagati aho ariko Patricia Scotland ari mu Rwanda mu yindi nama iri kubera mu Rwanda yiga uk ibihugu bya Commonwealth byakomeza kurwanya ruswa.

This afternoon at Urugwiro Village, President Kagame received Rt. Hon. @PScotlandCSG who is in Kigali for the 12th Regional Conference of Heads of Anti-Corruption Agencies in Commonwealth Africa. They discussed the upcoming #CHOGM2022 to be hosted by Rwanda. pic.twitter.com/OoSwT5bB9q

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) May 2, 2022

Ni inama ya 12 yitwa 12th Regional Conference of Heads of Anti-Corruption Agencies in Commonwealth Africa.

Inama ya CHOGM izaba muri Kanama, 2022. Ni inama yari bubere mu Rwanda mu mwaka wa 2020 ariko irasubikwa kubera ko ubwandu bwa COVID-19 bwari bwinshi mu Rwanda n’ahandi hose ku isi.

TAGGED:CommonwealthfeaturedKagamePatriciaScotland
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali:Uko Byifashe Ahagiye Kubera Ikiganiro Gihuza Ramos N’Abanyamakuru
Next Article Sergio Ramos Ati: “ Nkiri Umwana Nakundaga Ronaldo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?