Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yashinzwe Kuyobora Amashami Ya UN Muri Liberia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yashinzwe Kuyobora Amashami Ya UN Muri Liberia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2023 10:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Christine N.Umutoni yahawe inshingano zo kuyobora amashami yose y’Umuryango w’Abibumbye akorera muri Liberia.

Amazina ye yagejejwe ku Nama ya Guverinoma ya Liberia irayemeza, ubu yatangiye imirimo.

Yari asanzwe ari umuhuzabikorwa w’amashami ya UN  mu birwa bya Maurices na Seychelles.

Yigeze kuyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNDP, muri Eritrea.

Si mu Eritrea yayoboye UNDP gusa kuko no muri Zimbabwe yarabikoze,

Mu bihe bitandukanye, yahagarariye u Rwanda mu Bubiligi, mu Buholandi, muri Luxembourg, mu  Bumwe bw’u Burayi, i Vatican ndetse no muri Uganda

Christine N.Umutoni yigeze kuba Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’ubukungu n’imibereho myiza.

Yakoze n’izindi nsingano mu gushyiraho politiki z’iterambere ry’u Rwanda rwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

TAGGED:featuredJenosideUmunyarwandakaziUmutoniUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: ‘Umugore’ Yafatanywe Urumogi Rwinshi Yari Avuye Kurangura
Next Article Equatorial Guinea: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?