Uruzi Rw’Akagera ‘Rugiye’ Kubyazwa Umusaruro Mu Bundi Buryo

K’ubufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’Umuhora wo hagati, uruzi rw’Akagera rugiye gushakirwa ubwato bunini kandi bukomeye buzafasha mu kwinjiza cyangwa gusobora ibicuruzwa mu Rwanda bijya cyangwa biva ku cyambu cya Dar es Salaam. Ni umushinga bise Akagera Navigability. Uyu mushinga uri mu yindi u Rwanda rwagejeje ku buyobozi bw’Umuhora wo hagati kugira ngo uzigwe, … Continue reading Uruzi Rw’Akagera ‘Rugiye’ Kubyazwa Umusaruro Mu Bundi Buryo