Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2025 8:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE
Imbangukiragutabara zamaze kugeza ku ngabo za Israel abaturage barindwi ba mbere Hamas yari yaratwaye bunyago.
Bagize ikiciro cya mbere cy’abantu 48 barimo 20 bapfuye baguye mu bunyago bwa Hamas.
Irabakirira mu gikorwa kiri bwitabirwe na Perezida wa Amerika Donal Trump uri bugere i Yeruzalemu mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Tariki 13, Ukwakira, 2025.
Abarekuwe barashyikirizwa Croix Rouge nayo ibashyire ingabo za Israel kandi hagati aho Hamas yamaze gusohora urutonde rw’abo iri burekure.
Bose bari bamaze imyaka ibiri n’iminsi mike bafungiwe muri Gaza aho bajyanywe na Hamas ubwo yagabaga igitero muri Israel Tariki 07, Ukwakira, 2023.
Hagati aho Israel nayo iraha Hamas abantu 1,700 yari ifunze barimo n’abandi 250 bo muri Palestine nabo yari ifungiye imbere mu gihugu.
Donald Trump narangiza kwitabira iryo hererekanya, arerekeza mu Misiri aho ari buhurire n’Abakuru b’ibihugu 20 bakaganira kubyo araba avuye kureba.
Kuri we, intambara iri hagati ya Hamas na Israel yararangiye.
Gusa haracyari ibindi biganiro biganisha ku irangira ryayo rya burundu bigomba kuba mu gihe kiri imbere.
Ifoto yakuwe mu nkuru ya AFP
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami
Next Article Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?