Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2025 8:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE
Imbangukiragutabara zamaze kugeza ku ngabo za Israel abaturage barindwi ba mbere Hamas yari yaratwaye bunyago.
Bagize ikiciro cya mbere cy’abantu 48 barimo 20 bapfuye baguye mu bunyago bwa Hamas.
Irabakirira mu gikorwa kiri bwitabirwe na Perezida wa Amerika Donal Trump uri bugere i Yeruzalemu mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Tariki 13, Ukwakira, 2025.
Abarekuwe barashyikirizwa Croix Rouge nayo ibashyire ingabo za Israel kandi hagati aho Hamas yamaze gusohora urutonde rw’abo iri burekure.
Bose bari bamaze imyaka ibiri n’iminsi mike bafungiwe muri Gaza aho bajyanywe na Hamas ubwo yagabaga igitero muri Israel Tariki 07, Ukwakira, 2023.
Hagati aho Israel nayo iraha Hamas abantu 1,700 yari ifunze barimo n’abandi 250 bo muri Palestine nabo yari ifungiye imbere mu gihugu.
Donald Trump narangiza kwitabira iryo hererekanya, arerekeza mu Misiri aho ari buhurire n’Abakuru b’ibihugu 20 bakaganira kubyo araba avuye kureba.
Kuri we, intambara iri hagati ya Hamas na Israel yararangiye.
Gusa haracyari ibindi biganiro biganisha ku irangira ryayo rya burundu bigomba kuba mu gihe kiri imbere.
Ifoto yakuwe mu nkuru ya AFP
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami
Next Article Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kera Kabaye Ibiribwa N’Imiti Byemerewe Kwinjira Muri Gaza Ku Bwinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

RDF na Polisi Bari Guha Abatuye Sudani Y’Epfo Uburyo Bwo Kwirinda Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Israel Na Hamas Ntibiri Buhagararirwe Mu Isinywa Rya Burundu Ry’Amahoro Ya Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?