Polisi yatangaje ko ku wa 20 Gashyantare, ku bufatanye n’izindi nzego yafatiye mu Karere ka Nyagare umukozi wo kwa muganga w’imyaka 35, akekwaho guha abantu ibyemezo...
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha by’iterabwoba maze agahanishwa gufungwa burundu, aho kuba imyaka 25 yahawe n’Urukiko rukuru. Kuri uyu wa 21 Werurwe nibwo...
Abayobozi mu nzego za Leta, abaganga n’abandi bamenye ibikorwa by’Umunyamerika Dr Paul Farmer wari unafite ubwenegihugu bw’u Rwanda bakomeje gushengurwa n’urupfu rwe rwamenyekanye kuri uyu wa...
Perezida Paul Kagame yavuze ko bigoye kubona amagambo wakoresha mu kuvuga urupfu rw’umuganga akaba n’inshuti y’u Rwanda, Dr. Paul Farmer, witabye Imana kuri uyu wa Mbere...
Imibare ya Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi igaragaza ko guhera muri Mutarama kugeza ku wa 20 Gashyantare 2022 inkuba zishe abantu 20 zikomeretsa 54, zibakubita barimo kureka...