Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dr. Bizimana Yagizwe Minisitiri w’Ubumwe Bw’Abanyarwanda, Busingye Agirwa Ambasaderi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Dr. Bizimana Yagizwe Minisitiri w’Ubumwe Bw’Abanyarwanda, Busingye Agirwa Ambasaderi

Last updated: 31 August 2021 9:37 pm
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, Dr. Jean Damascene Bizimana agirwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Johnston Busingye wari umaze igihe kirekire ari Minisitiri w’Ubutabera n’Intumwa Nkuru ya Leta agirwa Ambasaderi mu Bwongereza.

Dr Bizimana ni we wa mbere ugiye kuyobora Minisiteri y’Ubumwe be’abanyarwanda, yemejwe n’inama y’abaminisitiri muri Nyakanga, iba Minisiteri ya 20 mu zigize Guverinoma y’u Rwanda.

Yari amaze igihe ayobora Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside. Mbere yaho yari umusenateri.

Dr Bizimana Jean Damascene

Muri iyo Minisiteri kandi, Clarisse Munezero yagizwe Umunyamabanga Uhoraho.

Mu basohotse muri Guverinoma ni Johnston Busingye, wari Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta guhera ku wa 24 Gicurasi 2013.

Busingye amaze imyaka umunani ari Minisitiri w’Ubutabera

Yagizwe ambasaderi mu Bwongereza, umwanya yasimbuyeho Yamina Karitanyi wari uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, Malta na Ireland.

Yamina yagaruwe mu Rwanda, agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda.

Yamina Karitanyi

Uwo mwanya wari usanzweho Francis Gatare, mu mpinduka Perezida Paul Kagame yakoze akaba yamugize Umujyanama we mukuru mu bijyanye n’ubukungu.

Francis Gatare

Mu zindi mpinduka zakozwe, Dr. Fidele Ndahayo yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Gishinzwe Ingufu za Atomike, ikigo gishya giheruka gushingwa.

Ni mu gihe Dr. Thierry Mihigo Kalisa yagizwe umuyobozi ushinzwe ubukungu muri Banki Nkuru y’u Rwanda.  Ni umwanya wahozeho Prof Kigabo Thomas uheruka kwitaba Imana.

TAGGED:Dr Bizimana Jean DamascenefeaturedJohnston Busingye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwanda Yiciwe Muri Uganda, Umuryango Usabwa Amafaranga Ngo Uhabwe Umurambo
Next Article AKUMIRO: Abanyarwanda Bakubitiwe N’Umushinwa I Rutsiro Bari Barashimuswe I Nyamasheke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?