Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2026 6:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda itangaza ko iri hafi gutangira gukoresha drones mu gucunga umutekano mu mihanda yo mu Ntara.

ACP Boniface Rutikanga avuga ko abakoresha umuhanda ko bakwiye kwitwararika kuko itegeko rishya rigenga imikorere y’umuhanda rigiye gusohoka rizajya ribahana nta kujenjeka.

Yabwiye KT radio ko iryo tegeko ruherutse gutorwa n’Abadepite.

ACP Rutikanga yavuze ko iri tegeko mu ngingo yaryo ya gatandatu mu gaka ka mbere B harimo amabwiriza rusange y’ikoreshwa ry’umuhanda agenga, inshingano z’ugenda mu muhanda igihe habaye impanuka; inshingano z’ugenda mu muhanda ategetswe n’umukozi ubifitiye ububasha.

Ati: “Iri tegeko rikoze neza kuko nubwo harimo ingingo zitandukanye zirimo n’ibihano kandi rigaha ububasha umupolisi bwo guhita ahana ako kanya uwanze kuryubahiriza, niyo mpamvu ngira abantu inama yo kudatinya ibihano ahubwo bakwiriye kwitwararika kutagwa mu makosa kuko impanuka zigira ingaruka k’ubuzima bw’abantu.”

Abajijwe uburyo bazashyira mu bikorwa iryo tegeko nirimara gusohoka kandi hari abaturage bamwe batarizi ACP Rutikanga yasubije ko Polisi izarikorera ubukangurambaga kugira ngo barimenye.

Ati: “Turateganya kuzajya hirya no hino mu gihugu tukarisobanurira abaturage bakarimenya, tugakoresha n’imbuga nkoranyambaga zacu, no gukorana n’itangazamakuru tukabona gutangira kurishyira mu bikorwa.”

Ikijyanye n’ubugenzuzi bw’ibinyabiziga mu bice by’icyaro ACP Rutikanga yavuze ko bazajya bifashisha ‘drones’ n’abapolisi.

Urugero ni ikoranabuhanga nk’irizashyirwa mu muhanda Nemba-Ruhuha Nyanza ko nawo ukeneye ibikorwaremezo birimo cameras ndetse n’ibyapa ku mihanda bikazakorwa ku bufatanye na Minisiteri y’Ibikorwaremezo na Polisi.

Polisi imaze iminsi ikoresha ikoranabuhanga mu kazi kayo harimo za cameras ziri ku mihanda n’ubundi buryo bwo guhana no kubuza abantu gukomeza kwica amategeko.

TAGGED:DronesfeaturedimodokaPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Mu Myaka Mike Ishize Urwango Ku Bayahudi Rwariyongereye- Amb Weiss 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abatarahererekanya Ibinyabiziga Babikore Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Rwanda: Umubare W’Abarwara Mu Mutwe Kubera Inzoga Uriyongera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Nyanza: Yari Hafi Kurongora None Akurikiranyweho Gusambanya Umwana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?